Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Uyu munsi u Rwanda ntabwo ari Igihugu ku ikarita gusa - Perezida Kagame
5/07/2021 - 09:56
Abanyeshuri bongeye gutaha kubera Covid-19, abitegura ibizamini bya Leta barakeburwa
3/07/2021 - 18:52
Menya uko isanduku yo gushyinguramo imibiri y’abazize Jenoside igomba kuba iteye
3/07/2021 - 16:05
Gera mu Rugo 18h00: Uko byari byifashe mu Mujyi wa Kigali
2/07/2021 - 13:11
Goma/Rubavu: Irebere uko umutekano wari wakajijwe ku butaka no mu mazi
30/06/2021 - 21:19
Guma mu Rugo yashobokaga ariko dushyira ku munzani - Minisitiri w’Intebe
30/06/2021 - 09:40
RIB yagaruje amafaranga asaga Miliyoni 771 yari yibwe umushoramari
29/06/2021 - 21:43
Abantu 14 barimo uwanduye Covid-19 bafatiwe muri Sauna
28/06/2021 - 14:36