Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

RIB irasaba abahohotewe kudaceceka
1/04/2022 - 09:36
Ibirori byatangarijwemo Miss Rwanda 2022 byari bibereye ijisho
20/03/2022 - 18:35
Ikiganiro na Minisitiri w’Intebe ku izamuka ry’ibiciro ku isoko
16/03/2022 - 22:48
I Kigali hazamuwe ibendera rya Commonwealth
15/03/2022 - 00:38
NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Kagame: Ntacyo u Rwanda rutanyuzemo, nta mijugujugu tutaraterwa
1/03/2022 - 15:40
Abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda 2022 bamenyekanye
27/02/2022 - 22:19
Weekend idasanzwe ku Gisimenti nyuma y’uko hagizwe Car Free Zone
27/02/2022 - 22:05