Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Perezida Kagame abwira abayobozi
23/10/2022 - 17:34
Perezida Kagame yongeye gukebura abayobozi
22/10/2022 - 15:07
Umwitozo wo guhangana na Ebola mu gihe yaba igeze mu Rwanda
20/10/2022 - 13:02
Ab’i Kigali bishimiye gukorana siporo na Perezida Kagame
16/10/2022 - 19:36
Indirimbo ‘Inana’ ya Chriss Eazy yarishimiwe cyane muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:51
Reba ibyo umuhanzi Jay Prayzah n’ababyinnyi be bakoreye i Kigali
16/10/2022 - 18:39
Bruce Melody na Ariel Wayz bongeye kwigaragaza muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:30
Iyi nyamaswa yatangaje abitabiriye Youth Connekt Africa
16/10/2022 - 18:16