Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Mu banyapolitiki bibutswe, hiyongereyemo Ngurinzira waburiwe irengero
14/04/2022 - 20:24
Igihe kirageze ngo tubwire abavutse nyuma ya Jenoside amateka yacu
14/04/2022 - 11:54
Ubutumwa Madamu Jeannette Kagame yatangiye mu kiganiro #KuGicaniro
14/04/2022 - 11:07
Nyanza ya Kicukiro ni ikimenyetso cy’ubugwari bwa ONU - Hon. Mukabalisa
12/04/2022 - 21:40
Our Past: Aho urubyiruko rwigira amateka ya Jenoside
11/04/2022 - 22:23
Amacakubiri afite inkomoko mu mateka ya kera - Minisitiri Bizimana
10/04/2022 - 15:55
Interamwete: Abagore bafashaga Interahamwe kwica Abatutsi (Ubuhamya)
10/04/2022 - 13:11