Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

Nta masomo mufite yo kutwigisha - Kagame abwira abanenga u Rwanda
8/04/2022 - 10:06
Nsabimana yakatiwe gufungwa imyaka 15, Rusesabagina aguma ku myaka 25
5/04/2022 - 09:44
Bahamijwe ibyaha byo gukora iterabwoba aho kuba ibyitso
5/04/2022 - 09:35
I Kigali habaye Misa yo kwibuka no gusabira Dr. Paul Farmer
3/04/2022 - 12:47
Perezida Kagame yatangije ikigo cy’ikoranabuhanga cyihutisha iterambere ry’inganda
1/04/2022 - 10:30
Miss Muheto: Sinzita ku banca intege ahubwo ibikorwa bizivugira
1/04/2022 - 10:10
RIB irasaba abahohotewe kudaceceka
1/04/2022 - 09:36
Ibirori byatangarijwemo Miss Rwanda 2022 byari bibereye ijisho
20/03/2022 - 18:35