Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umva ibyo Prince Kid yatangaje agisohoka muri gereza
2/12/2022 - 21:58
Dr. Sabin Nsanzimana yatangiye imirimo nka Minisitiri w’Ubuzima
2/12/2022 - 12:18
Nanjye nshyigikiye ko inkwano ivaho - Pastor Antoine Rutayisire
22/11/2022 - 06:28
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye ko gutanga EBM iba umuco
22/11/2022 - 06:19
Urubyiruko rwo muri Kigali rwateye ibiti 5000 mu muganda udasanzwe
22/11/2022 - 06:10
Ibyaranze Cadet Pass-Out ubwo 568 bahabwaga ipeti rya 2nd Lieutenant
7/11/2022 - 21:28
Irebere Akarasisi ka RDF kabereye ijisho
7/11/2022 - 20:02
Art Rwanda-Ubuhanzi: Uko gutoranya abazahatana ku rwego rw’Igihugu byagenze
5/11/2022 - 15:57