Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Military Band yongeye gushimisha abantu mu gitaramo gisingiza Intwari
1/02/2023 - 19:18
Reba udushya twaranze umukino wa nyuma wahuje inzego za gisirikare
1/02/2023 - 15:33
Minisitiri Biruta yasubije ibibazo by’Abadepite birebana na RDC
28/01/2023 - 13:38
Ntibyatubuza kwitegura - Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC
26/01/2023 - 23:15
Menya ibigenderwaho kugira ngo umuntu agirwe Intwari
26/01/2023 - 14:57
RIB yafashije uwari wibwe gusubirana Amadolari 30,100
21/01/2023 - 22:05
U Rwanda nta ntambara rushaka kuko yica igasenya n’ibyagezweho - Alain Mukuralinda
20/01/2023 - 14:04
Menya uko bigenda iyo RIB iguhamagaye
18/01/2023 - 22:50