Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48Iziheruka

Igor Mabano yagarutse ku mpamvu Kina Music idapfa gutumirwa mu bitaramo
12/08/2022 - 16:38
Umunyeshuri w’i Muhanga yatsindiye 1,888,178frw muri IGITEGO Lotto
12/08/2022 - 08:50
Secretary Blinken on the conviction of Rusesabagina - Watch full press briefing in Kigali
12/08/2022 - 08:33
Igitutu ku Rwanda kugira ngo Rusesabagina arekurwe? Ntabwo bizabaho - Minisitiri Biruta
12/08/2022 - 08:00
Icyo abaturage batekereza ku ibarura rusange rigiye kuba
11/08/2022 - 23:32
Twaganiriye na Hindisha Paul wazanye kuvuga Amazina y’Inka mu bukwe bwo muri Kigali
10/08/2022 - 17:45
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasuye Laboratwari y’ibimenyetso bya gihanga
7/08/2022 - 16:04
Kigali: Ibirori by’Umuganura byari bibereye ijisho
7/08/2022 - 14:57