Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umunya-Kenya Karen Patel yakiriye ate kwegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024?
21/10/2024 - 10:34
Ubuhamya bw’Abanyarwandakazi bitabiriye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024
20/10/2024 - 16:19
Minisitiri Bizimana yavuze ububi bwa Padiri Nahimana Thomas n’abo bafatanya gusebya u Rwanda
19/10/2024 - 22:47
Minisitiri Dr. Bizimana yavuze uburyo amadini yashenye Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda
19/10/2024 - 22:38
#RMGR2024: Kenya’s Karen Patel thrills rally fans with his Skoda Fabia R5 at the spectator stage
19/10/2024 - 15:35Amaze imyaka 37 aryamye, imirimo ye yose ayikoresha umunwa
16/10/2024 - 17:23
Kagame: Freedom of movement remains a challenge in Africa
10/10/2024 - 06:50
Abasenateri barahiye, Kalinda François Xavier yongera kuyobora Sena
27/09/2024 - 00:41