Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46Iziheruka

#UMUSHYIKIRANO2017: Ijambo rya Perezida Paul Kagame
19/12/2017 - 16:01
KAGAME - Rubyiruko Muharanire ’TABLE D’HONNEUR’
19/12/2017 - 15:59
Perezida Kagame arambiwe imvugo "Kwigira ku Rwanda"
14/12/2017 - 16:43
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya
13/12/2017 - 13:06
Wari wabona Ingagi zo mu birunga zitera akabariro?
11/12/2017 - 23:55
Abakunzi ba muzika bashimishijwe n’akabyiniro gacecetse
11/12/2017 - 13:14
Urugendo Mureshyankwano yanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11/12/2017 - 12:41
Madame Jeannette Kagame yahembye abakiri bato bakoze ibikorwa by’indashyikirwa kurusha abandi
9/12/2017 - 06:27