Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Perezida Kagame na Howard Buffett batashye ku mugaragaro umupaka wa La Corniche
2/09/2017 - 09:05
Abayobozi bashya muri Guverinoma n’imiryango yabo bafashe ifoto y’urwibutso na Perezida Kagame
2/09/2017 - 08:57
Umuhango w’irahira ry’abagize Guverinoma nshya
2/09/2017 - 08:50
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo kurahiza abagize Guverinoma nshya
31/08/2017 - 19:21
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ahita yakira n’indahiro ye
30/08/2017 - 19:41
Meddy yavuze ko afite umukunzi utuye muri Amerika
30/08/2017 - 19:32
Bimwe mu byaranze umunsi w’Umuganura 2017
27/08/2017 - 22:47
The Ben yatumye abanyacyubahiro bava mu byicaro byabo mu gitaramo "Kwita Izina Gala Dinner"
27/08/2017 - 11:46