Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Haracyagaragara ubusumbane hagati y’abagore n’abagabo mu bya siyansi ku Isi hose - Perezida Kagame
26/03/2018 - 15:39
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Cycling Cup 2018 Kigali - Huye
26/03/2018 - 08:48
Diamond Platnumz ni umuntu w’ikitegererezo - Harmonize
23/03/2018 - 12:35
GIZ yahaye WDA ibitabo bishya bizafasha abiga imyuga
15/03/2018 - 11:11
Ihere ijisho urujya n’uruza rw’imodoka ku muhanda mushya wa Kigali Convention Centre
14/03/2018 - 09:18
Kigali Today Ltd yizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore
8/03/2018 - 13:29
Imbuto Foundation yatangiye kongerera ubushobozi abakobwa bifuza gukora itangazamakuru
8/03/2018 - 09:01
Davido yakoze igitaramo cy’amateka mu Rwanda - ’30 Billion Concert’
4/03/2018 - 08:39