Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Perezida wa Estonia yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
16/11/2017 - 23:41
Reba imibyinire idasanzwe igaragara muri Tour du Rwanda 2017
15/11/2017 - 12:20
Bruce Melody yatunguye abafana ba Tour du Rwanda 2017 i Muhanga
14/11/2017 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze Tour du Rwanda 2017: Kigali - Huye
14/11/2017 - 08:19
Tour du Rwanda 2017: Aleluya Joseph yegukanye agace ka Kigali-Huye
13/11/2017 - 22:46
Bimwe mu byaranze agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2017
12/11/2017 - 20:52
Bannyahe: Abaturage ntibishimiye kwimurwa badahawe ingurane y’amafaranga
11/11/2017 - 21:15
Ishyaka ridasanzwe mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2017
10/11/2017 - 14:38