Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46Iziheruka

Ikiganiro n’umukobwa wa Agatha Uwiringiyimana nyuma yo kunamira umubyeyi we
1/02/2018 - 19:31
Areruya na bagenzi be bakiriwe mu buryo budasanzwe nyuma yo guhesha igihugu ishema
24/01/2018 - 08:35
Nyabihu TVET School iratangirana n’ umwaka w’amashuri wa 2018
23/01/2018 - 12:50
Diamond yatunguwe n’abana batabona bazi indirimbo ze
19/01/2018 - 22:46
Diamond Platnumz yasuye ikigo cy’abana batabona mu Rwanda
19/01/2018 - 22:40
Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53