Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuco wa ’Protocol’ si mwiza - Perezida Kagame
2/03/2018 - 19:35
VIDEO: ’Mucike ku muco wo kwiremereza’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:51
VIDEO: ’Iyo nagiye ahantu, ahatari umuhanda barawuhashyira’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:43
WDA na C&H Garment mu bufatanye bwo kuvugurura umwuga w’ubudozi
1/03/2018 - 09:04
Umwiherero 2018: Abayobozi b’Uturere bariye indimi ku kibazo cy’imirire mibi n’isuku nke!
28/02/2018 - 08:34
VIDEO: Iradukunda Liliane w’imyaka 18 niwe wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2018
25/02/2018 - 07:25
VIDEO: Yabazwe ikibyimba amaranye imyaka 6 ku gahanga
24/02/2018 - 09:47
Perezida Kagame yakiriye ku meza mugenzi we wa Zambia Perezida Edgar Lungu
22/02/2018 - 11:44