Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Gutanga amaraso ni ugatanga ubuzima. RBC yatangije ubukangurambaga bwo gutanga amaraso
3/09/2020 - 15:51
Nyuma yo gufungurirwa isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
3/09/2020 - 15:47
Yabonye umwenda umubyeyi we yari yambaye mu mibiri yabonetse i Nyamirambo (Video)
2/09/2020 - 11:07
Paul Rusesabagina yafashwe, agezwa mu Rwanda: Dore ibyo ashinjwa
1/09/2020 - 14:00
Menya Burusheti yitwa Umusigati yahogoje Abanyakigali
30/08/2020 - 10:55
Mahama - Nemba: Ibyo utabonye impunzi z’Abarundi zisubira iwabo (Video)
30/08/2020 - 10:39
Ubona iyi mihanda mishya izakemura ikibazo cya ‘embouteillage’ muri Kigali?
23/08/2020 - 15:31
Abakobwa b’impanga Ange na Pamella barakuririmbira ugasesa urumeza
22/08/2020 - 14:22