Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

#Kwibuka26: Ibihe turimo ntibishobora kutubuza kwibuka - Perezida Kagame
7/04/2020 - 15:56
IBUKA: Nubwo bigoye muri iki gihe, Kwibuka tuzabikora kandi twirinda
7/04/2020 - 15:33
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
Dutemberane Ingoro y’amateka ya Huye.....Amafunguro ya Kinyarwanda ateye amatsiko
3/04/2020 - 23:21
Bugesera: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kizarangira ryari? Meya yatanze igisubizo
3/04/2020 - 21:54
Bugesera: Abaturiye Hoteli yagenewe abakekwaho Coronavirus bahumurijwe
2/04/2020 - 23:00
Ruhango: Gahunda yo kuguma mu rugo yagabanyije urugomo ku rwego rushimishije
1/04/2020 - 22:00