Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda n’u Bushinwa bizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi
9/11/2021 - 19:32
U Rwanda n’u Bugereki byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye
9/11/2021 - 18:09
Abiyita ko barwanya ubutegetsi nta kintu kibarimo, ni icyuka gusa - Gen Kabarebe
9/11/2021 - 17:39
Ubuhamya bw’uwarokotse Stroke
9/11/2021 - 17:15
Reba incamake y’igitaramo cy’imyaka 10 ya Bruce Melodie mu muziki
8/11/2021 - 15:39
Dr Bizimana: Ndashimira AERG na GAERG kubera ibikorwa byabo mu myaka 25 ishize
7/11/2021 - 14:47
Kwibuka ni inshingano zidafite igihe ntarengwa – Jeannette Kagame ku isabukuru ya AERG na GAERG
7/11/2021 - 13:26
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bahawe inshingano nshya
7/11/2021 - 13:18