Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bihinduke cyangwa se namwe muhindurwe - Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
3/12/2021 - 15:16
Yves Mutabazi na Moshions mu bahembwe na Jeannette Kagame
3/12/2021 - 14:59
Ihere ijisho uyu mukino ugaragaza ishusho ya Imbuto Foundation mu myaka 20 ishize
3/12/2021 - 14:44
Imyaka 20 ya Imbuto Foundation mu guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda
3/12/2021 - 14:32
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 30
30/11/2021 - 19:17
#ImbutoTurns20: Ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame
28/11/2021 - 11:59
Umukino wa APR na Rayon Sports watumye 15 barara muri kasho
24/11/2021 - 20:50
Umuryango ni umusingi w’uko tuzabaho ejo hazaza - Jeannette Kagame
22/11/2021 - 14:43