Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RDB yamurikiye abafasha ba mukerarugendo bo hirya no hino ku isi ibyiza bitatse u Rwanda
17/09/2021 - 20:01
RIB na UNICEF batashye icyumba gifasha abana bakoze ibyaha n’ababikorewe
17/09/2021 - 19:50
Urubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be ruragana ku musozo: Bimwe mu byaruranze
17/09/2021 - 18:36
Akurikiranyweho koherereza abantu ‘SMS’ akabambura kuri Mobile Money
15/09/2021 - 20:50
Abakunzi ba Arsenal bahinduriye imibereho abarokotse Jenoside b’i Nyamagabe
13/09/2021 - 21:36
BullDogg yavuze ubuzima yabanyemo na Jay Polly
13/09/2021 - 21:29
Umuhanzi Christopher yahishuye impamvu atarangije kwiga kaminuza
13/09/2021 - 07:32
Abagenda muri Kigali boroherejwe ingendo bakoresha amagare agezweho
10/09/2021 - 14:04