Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kicukiro: Abakorerabushake bahaye inka uwaburiye umugabo ku rugamba rwo kubohora Igihugu
3/10/2021 - 09:55
Bafashwe bari mu mugambi wo gutera ibisasu muri Kigali
1/10/2021 - 20:44
Bafunzwe bazira kwiyitirira Polisi bagatanga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
26/09/2021 - 20:19
Umushoferi w’imbangukiragutabara akurikiranyweho kwiyitirira Polisi akambura abaturage
22/09/2021 - 18:54
Mu myanzuro y’urubanza rwa Rusesabagina: Dore ibyerekeye indishyi zizatangwa
21/09/2021 - 19:50
Akarere ka Kicukiro kifashishije kajugujugu mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19
21/09/2021 - 18:42
Masamba asanga afitiye ideni injyana Gakondo
21/09/2021 - 18:22
Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25, Sankara akatirwa 20
21/09/2021 - 18:15