Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri w’Ubutabera yageneye ubutumwa Abapolisi bato 2,319 binjiye mu kazi
22/11/2021 - 14:16
Navuganye na Polisi ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda - Kagame
22/11/2021 - 14:05
Dore abasora bahize abandi mu gutanga umusoro
22/11/2021 - 13:55
NYIRINGANZO: Amateka y’Umunyabugeni Bushayija Pascal waririmbye ‘Elina’
22/11/2021 - 13:37
Abagore 3 batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukoza isoni umuntu (Video)
17/11/2021 - 21:41
Uko abasoje amashuri yisumbuye bitwaye mu mibare ugereranyije na mbere ya COVID-19
17/11/2021 - 19:49
Dore 10 ba mbere mu bizamini bya Leta bisoza ayisumbuye
17/11/2021 - 19:21
Nahuje ababyeyi banjye bamaze imyaka 20 batandukanye - Ngarambe François
17/11/2021 - 19:06