Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abategura Miss Rwanda barahakana ruswa ivugwamo
24/02/2022 - 20:56
Uburwayi bwo mu mutwe ntawe butafata, nta mpamvu y’akato
21/02/2022 - 12:52
Ubutwari 2022: Nubwo twatakaje ingingo, icyo twaharaniye twakigezeho
11/02/2022 - 16:21
Perezida Kagame na Madame bunamiye Intwari z’u Rwanda
2/02/2022 - 12:02
Umunyarwandakazi yadutembereje Roma na Vatican mu Butaliyani
1/02/2022 - 21:50
Ari mu ba mbere bambutse nyuma y’uko umupaka wa Gatuna ufunguwe
31/01/2022 - 18:43
Uko Mihigo François Chouchou na bagenzi be bavuye muri Nyampinga igasenyuka
31/01/2022 - 18:28
Indabo z’u Rwanda zizwi nka Bella Flowers ni imari ishyushye i Burayi
31/01/2022 - 18:21