Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
I Kigali hazamuwe ibendera rya Commonwealth
15/03/2022 - 00:38
NYIRINGANZO: Amateka ya Muyango, igihangange mu njyana gakondo
7/03/2022 - 08:43
Kagame: Ntacyo u Rwanda rutanyuzemo, nta mijugujugu tutaraterwa
1/03/2022 - 15:40
Abakobwa 20 bazavamo Miss Rwanda 2022 bamenyekanye
27/02/2022 - 22:19
Weekend idasanzwe ku Gisimenti nyuma y’uko hagizwe Car Free Zone
27/02/2022 - 22:05
Ibyifuzo bya motari ku kibazo cyo gukoresha mubazi byahawe agaciro
27/02/2022 - 18:39
Abasenateri ba Zimbabwe: Twasuye u Rwanda kuko ari Igihugu cyo kwigiraho
27/02/2022 - 18:19
Mu majwi ahebuje, Chorale de Kigali yataramiye muri Car Free Zone
25/02/2022 - 07:32