Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Mu banyapolitiki bibutswe, hiyongereyemo Ngurinzira waburiwe irengero
14/04/2022 - 20:24
Igihe kirageze ngo tubwire abavutse nyuma ya Jenoside amateka yacu
14/04/2022 - 11:54
Ubutumwa Madamu Jeannette Kagame yatangiye mu kiganiro #KuGicaniro
14/04/2022 - 11:07
Nyanza ya Kicukiro ni ikimenyetso cy’ubugwari bwa ONU - Hon. Mukabalisa
12/04/2022 - 21:40
Our Past: Aho urubyiruko rwigira amateka ya Jenoside
11/04/2022 - 22:23
Amacakubiri afite inkomoko mu mateka ya kera - Minisitiri Bizimana
10/04/2022 - 15:55
Interamwete: Abagore bafashaga Interahamwe kwica Abatutsi (Ubuhamya)
10/04/2022 - 13:11