Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi bakiri bato mu gusabira Igihugu
14/08/2023 - 14:34
Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Remarks by H.E First Lady on International Youth Day 2023
14/08/2023 - 13:57
Masai Ujiri to build five Basketball courts in Rwanda
14/08/2023 - 13:47
Madamu Jeannette Kagame yatungujwe impano ku isabukuru ye y’amavuko
13/08/2023 - 12:16
Kurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’Urubyiruko
13/08/2023 - 11:50
Temberana natwe muri Expo 2023 ibera i Gikondo
9/08/2023 - 10:51
Ihere ijisho ibirori byaherekeje irushanwa IRONMAN 70.3 ryabereye i Rubavu
9/08/2023 - 10:27