Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ihere ijisho uko umunsi wa kabiri wa Rwanda Mountain Gorilla Rally wagenze
24/09/2023 - 15:53
Umugore n’abana be babiri bishwe n’ibiza ku Gisozi bashyinguwe
23/09/2023 - 00:11
Reba ibirori byo gutangiza Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023
22/09/2023 - 23:59
Umujyi wa Kigali wasobanuye ibyo gufunga amahema akorerwamo ibirori
22/09/2023 - 23:48
Isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi ryahawe ikaze mu Rwanda
22/09/2023 - 23:41
Twaganiriye na Kanimba Donatila utabona, ufite impamyabumenyi y’Ikirenga
22/09/2023 - 23:35
Ba bana bavutse bafatanye bitabye Imana : Twaganiriye n’ababyeyi babo
19/09/2023 - 18:13
Yanga fans take over Nyamirambo ahead of their game against Al-Merreikh
16/09/2023 - 18:22