Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere udushya twaranze itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards
23/10/2023 - 11:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya mu Rwanda
18/10/2023 - 22:46
Kurikira umuhango wo gutangiza inama mpuzamahanga ku Itumanaho Rigendanwa
18/10/2023 - 15:00
Imboga ahinga mu rugo zimufasha gutunga umuryango we muri Kigali
17/10/2023 - 12:16
Umujyi wa Kigali wungutse bisi nshya 20 zitwara abagenzi
14/10/2023 - 00:14
Israel Ambassador to Rwanda updates media on war against Hamas
13/10/2023 - 23:51
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46