Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu Rwanda hatangijwe umukino wa Pickleball: Dore uko ukinwa
16/09/2023 - 17:48
Kelia wabaye uwa mbere muri Tronc Commun yahuye na First Lady
16/09/2023 - 10:59
Reba uko byari byifashe mu gusoza umwiherero w’abana bafashwa na Imbuto Foundation
16/09/2023 - 10:50
Ibyo umunyeshuri wifuza guhinduza ikigo yoherejwemo na Leta akwiye kumenya
13/09/2023 - 19:13
Twaganiriye n’abana babaye aba mbere mu bizamini bya Leta
13/09/2023 - 18:57
Ntuzemerere abantu bakurangaza - Perezida Kagame abwira Minisitiri mushya wa MININFRA
13/09/2023 - 18:33
Menya abahanzi bazataramira abakunzi ba Iwacu Muzika Festival (Video)
8/09/2023 - 12:40
Igisirikare ukivamo ariko cyo ntikikuvamo - Gen (Rtd) James Kabarebe
7/09/2023 - 22:45