Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03
Perezida Kagame yatashye icyanya cyahariwe Siporo ku Kimironko
28/05/2023 - 21:30
Madamu Jeannette Kagame yagejeje ubutumwa bw’ihumure ku bagizweho ingaruka n’ibiza
26/05/2023 - 22:53
Nyirabarame: Abakinnyi bakanyujijeho bahabwe agaciro bafashe barumuna babo
14/05/2023 - 23:59Twaganiriye na wa mugabo ibiza byatwariye umugore agasigarana uruhinja
13/05/2023 - 20:18
Perezida Kagame yihanganishije abahuye n’ibiza, abizeza ubufasha
13/05/2023 - 20:05
Rubavu: Sebeya yangije byinshi, abayituriye bayita ‘Umuturanyi mubi’
12/05/2023 - 07:48