Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Twaganiriye n’uwahize abandi mu kizamini cya Leta gisoza ayisumbuye
8/12/2023 - 12:32
A nation of peace makers - Rick Warren and Andy Wood extol Rwanda’s values
8/12/2023 - 12:24
Uko amazi ya Nyabarongo agera mu ngo zacu yabaye urubogobogo
8/12/2023 - 12:05
Twasuye ibirombe bya Zahabu y’u Rwanda: Dore uko itunganywa kugeza ijyanywe ku isoko
8/12/2023 - 11:49
Kayirebwa na Muyango bakuriwe ingofero muri BK Arena
27/11/2023 - 07:42
Rumaga na Ruti Joel bunamiye Yvan Buravan mu gitaramo cya Kigali Kulture Konnect
27/11/2023 - 07:38
Dore icyo umuhanzi asabwa mu guhatana muri ArtRwanda-Ubuhanzi III
5/11/2023 - 16:37
#RwandanEpic2023: The best of mountain bike in the rocky terrain of Rwanda
5/11/2023 - 16:05