Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Icyo Abanyarwanda bavuga kuri Customer Care mu Rwanda
30/08/2013 - 09:46
Umukobwa watinyutse umwuga wo guhamagara abagenzi muri Taxi (Convoyeur)!
20/08/2013 - 12:40
Sick City Entertainment bongeye kwerekana ubuhanga mu mbyino zigezweho!
19/08/2013 - 11:22
Riderman wegukanye irushanwa rya Guma Guma III, ni muntu ki?
12/08/2013 - 10:37
Amagambo akarishye kuri bamwe mu bahanzi basezerewe muri Guma Guma!
30/07/2013 - 10:23
Riderman yatumye abashinzwe gutanga amanota bava mu byicaro byabo!
24/07/2013 - 12:22
Igitaramo cya Guma Guma i Musanze nacyo cyagaragayemo udushya!
18/07/2013 - 14:46
Abanyarwenya Kings of Comedy bongeye gushimisha abanyarwanda
15/07/2013 - 10:51
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.