Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32
SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20
EdTech: Guteza Imbere Amasomo ya Siyansi n’ Ikoranabuhanga hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Burezi
29/04/2025 - 17:53Iziheruka

Uburyo umuhanzi Riderman yashimishije abakunzi ba muzika i Nyanza (Part III)
30/05/2013 - 14:54
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyanza (Part II)
30/05/2013 - 11:34
Irushanwa rya Guma Guma mu Karere ka Nyanza (Part I)
29/05/2013 - 09:48
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe (Part II)
24/05/2013 - 09:12
Ishuri rya Africa Digital Media Academy ryahesheje u Rwanda igihembo
23/05/2013 - 09:08
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe(Part I)
21/05/2013 - 08:35
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Rusizi (Part II)
17/05/2013 - 15:41
Udushya:Abafana ba Rayon Sports bishimira igikombe cya Shampiyona!
16/05/2013 - 09:12
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.