Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Imyitozo y’imbyino yatumye benshi bagira amatsiko!
11/07/2015 - 19:03
Iserukiramuco "Ubumuntu Arts Festival" ryatangiye
11/07/2015 - 18:31
Uko igitaramo "Kwibohora Concert" cyagenze
10/07/2015 - 15:06
Ubumuntu Festival - "ndiho kuko uriho, uriho kuko ndiho"
9/07/2015 - 09:10
Imyaka 10 irashize Imbuto Foundation ishyigikira uburezi bw’umukobwa
8/07/2015 - 09:09
Madame Jeannette Kagame yashyikirije amazu incike za Jenoside
4/07/2015 - 09:38
Urugendo rw’Intare kuva muri Afurika y’epfo, kugera muri Parike y’Akagera
3/07/2015 - 07:55
Tutsi Genocide Survivors submitted an open letter,at UK High Commission in Kigali
26/06/2015 - 16:39
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.