Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Volleyball: VS Gisagara VC itsinze REG VC amaseti 3-1 ku munsi wa 5 wa shampiyona
21/11/2025 - 23:33
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20Iziheruka
Mani Martin yerekanye ko ashoboye itangazamakuru
30/11/2015 - 10:58
IPRC - East ikomeje guhanga udushya mu iterambere ry’imyuga
27/11/2015 - 14:57
Wari uzi ko imitumba y’insina isigaye ikorwamo ’Cotex’!
24/11/2015 - 11:26
Ubuhinzi ntibugishingiye ku isuka gusa, hajemo n’ikoranabuhanga
19/11/2015 - 16:52
Stage 1: Tour du Rwanda 2015
17/11/2015 - 13:41
Udushya n’udukoryo byaranze tombola ya CHAN 2016
16/11/2015 - 23:06
Prologue: Tour du Rwanda 2015
16/11/2015 - 12:34
Muyebe Green Village, urugero rwiza rwo gutura mu midugudu
13/11/2015 - 12:24
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.