Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rubavu: Batambitse amabuye, umuhesha w’inkiko abura aho anyura
25/07/2019 - 13:32
EXPO 2019: Kiwnjira bisaba Mobile Money - Reba uko bikorwa
24/07/2019 - 16:12
Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
21/07/2019 - 14:10
Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
21/07/2019 - 14:04
Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda, Ahembwa Rwf30,000!
20/07/2019 - 12:31
Mico the Best yihakanye umuzungukazi bamaze iminsi bavuga ko bakundana
20/07/2019 - 12:24
Social Mula: Nta kibazo nagiranye na Theo kandi siniteguye gukorana na Muyoboke
20/07/2019 - 11:57
Reba uwahimbye "Maji Maji" Indirimbo yahaye morale cyane Inkotanyi
14/07/2019 - 10:58
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.