Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abakobwa b’i Kigali bemeje Ne-Yo mu gitaramo cyo #KwitaIzina
8/09/2019 - 17:18
Reba imibyinire idasanzwe ya Sherrie Silver mu gitaramo cyo #KwitaIzina19
8/09/2019 - 16:52
Reba uko umuhango wo #KwitaIzina19 abana b’ingagi 25 wagenze
7/09/2019 - 16:50
Baje kumfata muri V8 - Niringiyimana wakoze umuhanda
7/09/2019 - 16:31
Louis Baziga yishwe azira kwanga gukorana n’abanzi b’u Rwanda
5/09/2019 - 20:15
Gen. Kabarebe: Kayumba Nyamwasa ni urugero rwiza rw’umuhemu
5/09/2019 - 19:54
Gen. Kabarebe: Niba hari umuntu w’umuhemu ubaho, ni Kayumba Nyamwasa
5/09/2019 - 19:27
Perezida Kagame yatashye ishuri ry’ubuvuzi ry’icyitegererezo
2/09/2019 - 23:41
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.