Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama ya African Transformation Forum 2018
22/06/2018 - 20:40
Ishuri rya muzika ryo ku Nyundo rirakataje mu gutegura abahanzi
18/06/2018 - 15:50
VIDEO: The Ben yasinye amasezerano n’uruganda rwenga inzoga rwa Luc Belaire
18/06/2018 - 08:33
VIDEO: Abanyapolitiki bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bemeye gufasha u Rwanda gukurikirana abashinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi
13/06/2018 - 08:38
VIDEO: Ntibikiri ngombwa gutegereza Diplome ku biga muri TVET bashaka kujya mu kazi
12/06/2018 - 12:59
VIDEO: Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’intebe wa Canada
12/06/2018 - 09:27
Ishuri rikuru rya Gisirikare ryatanze impamyabumenyi
9/06/2018 - 09:59
Ihere ijisho ibikorwa by’ishuri rikuru ry’ingabo z’u Rwanda
8/06/2018 - 08:41
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.