Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Volleyball: REG yisubije igikombe cya Memorial Rutsindura (Video)
25/06/2019 - 14:35
Nta muhinzi uzongera kubura inguzanyo, BK yabahaye ’IKOFI’
25/06/2019 - 14:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Kigali Peace Marathon (Video)
17/06/2019 - 22:26
Ihere ijisho amashusho yafatiwe mu kirere ya Kigali Peace Marathon
17/06/2019 - 12:59
Amakamyo yemerewe kwambuka umupaka wa Gatuna (Video)
15/06/2019 - 01:51
Iyumvire iyicarubozo rikorerwa Abanyarwanda muri Uganda
15/06/2019 - 01:07
Uko Mugiraneza utabona akoresha ATM, yiyambutsa umuhanda akanatega imodoka (Video)
11/06/2019 - 12:30
Ku nshuro ya kabiri ‘Kigali Night Run’ yitabiriwe (Video)
8/06/2019 - 07:37
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.