Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bugesera: Mamashenge wiciwe ababyeyi ku myaka 5 yarakuze ubu ni umubyeyi wa babiri
13/04/2020 - 11:37
#Kwibuka26: Amateka ya Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12/04/2020 - 09:45
Kambanda Yemeye ibyaha 11, bishimangira ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yateguwe kuva kera
9/04/2020 - 16:16
DJ Miller yashyinguwe....Umva ubuhamya bukomeye bw’abo babanye
9/04/2020 - 15:28
Umuntu umwe yasize ubuzima mu mpanuka y’ikamyo ya Bralirwa itwara ibinyobwa
9/04/2020 - 15:13
Belgique: Mazina Deogratias aratubwira uburyo Abanyarwanda bahuje Kwibuka no kwirinda COVID-19
9/04/2020 - 14:48
#Kwibuka26: Gihamya z’uko Politiki ya Parimehutu n’iya MRND zari zigamije kurimbura Abatutsi
9/04/2020 - 12:12
Perezida Kagame na Madame batangije #Kwibuka26
7/04/2020 - 16:10
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.