Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ishusho ya Biryogo - Nyamirambo mu gihe cya #GumaMuRugo
23/04/2020 - 11:31
#Kwibuka26: Disi Dieudonné mu nzira y’umusaraba yo kurokoka Jenoside, akajya kwifatanya n’Inkotanyi
22/04/2020 - 16:48
Huye-Karama: Abatutsi bahanganye n’Interahamwe bituma abasaga 8000 barokoka
22/04/2020 - 14:42
#Kwibuka26: Nyuma yo kurokoka Jenoside, menya icyamufashije kuvamo umukinnyi ukomeye w’Amagare
22/04/2020 - 14:34
#Kwibuka26: Rwari urugamba rukomeye, Maitre SINZI arokora Abatutsi 118 yifashishije Karate
19/04/2020 - 17:45
#Kwibuka26: Uruhare rwa Francois Miterrand muri Jenoside yakorewe Abatutsi
19/04/2020 - 17:30
USA: Abanyarwanda batuye muri Indiana babayeho bate muri ibi bihe bya COVID-19?
16/04/2020 - 17:18
Inzira y’umusaraba Murangwa wamamaye muri Rayon Sports yanyuzemo arokoka Jenoside
16/04/2020 - 17:10
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.