Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Mu ndirimbo Umuhanzi Davis D yise Dede, avugamo ko agusha Imvura. Iyumvire iyo mvura iyo ari yo
13/12/2019 - 17:59
Aba bakobwa bararirimba ukikanga abamalayika
8/12/2019 - 17:16
Iyumvire uko Uganda yashinyaguriye Nkurunziza ajya gushyingura Nyirakuru
5/12/2019 - 14:54
Amaranye virusi itera SIDA imyaka 20! Yatanze ubuhamya mu nama ya ICASA
5/12/2019 - 14:46
Urukerereza n’abana bo ku Nyundo baryohereje abitabiriye ICASA
3/12/2019 - 11:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye Umuganda usoza ukwezi kwa 11
1/12/2019 - 23:49
Byakunuka ufana Rayon ati: "Kiyovu ni ikiraro twambukiraho"
29/11/2019 - 19:35
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.