Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20Iziheruka

Ni irihe banga ryatumye Gakwaya yegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019 ?
8/10/2019 - 23:00
Reba uburyo Abanyarwanda banikiye abandi muri Rwanda Mountain Gorilla Rally 2019
8/10/2019 - 00:58
Ibitaro bya Faisal byakoze imyitozo kuri EBOLA
8/10/2019 - 00:35
25 bakekwaho gukorana na RNC batangiye kuburanishwa
3/10/2019 - 08:11
Dore imyambarire y’Abanyarwanda bo hambere n’ibisobanuro byayo
30/09/2019 - 18:35
Patriots yakoze umutambagiro imurikira abafana bayo igikombe
29/09/2019 - 13:10
Imibiri yabonetse muri Rwezamenyo yashyinguwe mu cyubahiro
28/09/2019 - 11:24
Ibyo utabonye ku mukino w’igikombe wahuje PATRIOTS na REG BBC
27/09/2019 - 14:23
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.