Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Umuntu umwe yasize ubuzima mu mpanuka y’ikamyo ya Bralirwa itwara ibinyobwa
9/04/2020 - 15:13
Belgique: Mazina Deogratias aratubwira uburyo Abanyarwanda bahuje Kwibuka no kwirinda COVID-19
9/04/2020 - 14:48
#Kwibuka26: Gihamya z’uko Politiki ya Parimehutu n’iya MRND zari zigamije kurimbura Abatutsi
9/04/2020 - 12:12
Perezida Kagame na Madame batangije #Kwibuka26
7/04/2020 - 16:10
#Kwibuka26: Ibihe turimo ntibishobora kutubuza kwibuka - Perezida Kagame
7/04/2020 - 15:56
IBUKA: Nubwo bigoye muri iki gihe, Kwibuka tuzabikora kandi twirinda
7/04/2020 - 15:33
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.