Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Casques z’abagenzi kuri moto zakuweho ibirahure: Abamotari bahagurukiye Coronavirus
18/03/2020 - 00:52
Coronavirus: Amashuri mu Rwanda yafunze! Abanyeshuri bafashijwe gutaha (Video)
15/03/2020 - 21:00
Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 1-1 ku kibuga cyambaye ubusa (Video)
15/03/2020 - 18:53
Abatuye muri ‘Bannyahe’ batangiye kwimurwa
14/03/2020 - 16:59
Mu minota 20 ukora ikizami cya ‘Permis Provisoire’ ugataha uzi amanota yawe: Irebere ibisabwa
14/03/2020 - 16:24
Inyana ni iya Mweru: Ngarambe Rwiru Nganzo mu mwuga umwe na Se
14/03/2020 - 15:41
Kirehe: Izuba ryabatezaga amapfa ubu bararyifashisha mu buhinzi ntangarugero
12/03/2020 - 12:33
Coronavirus: Perezida Kagame mu buryo bushya bwo gusuhuzanya
11/03/2020 - 15:33
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.