Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
Volleyball: VS Gisagara VC itsinze REG VC amaseti 3-1 ku munsi wa 5 wa shampiyona
21/11/2025 - 23:33Iziheruka
Bimaze iki gucisha Shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo y’Igihugu ?
6/11/2020 - 15:34
Ubunyarwanda ni urumuri rudususurutsa, si ikibatsi kidutwika - Madame Jeannette Kagame
6/11/2020 - 15:25
Kwirinda Covid19 bihagaze bite mu mashuri yasubukuye amasomo? Mineduc yakoze igenzura
3/11/2020 - 19:41
Ababyeyi bishimiye uburyo bushya bwo gutwara abanyeshuri
1/11/2020 - 15:19
Amateka ya data yanteraga ipfunwe - Patrick Kurumvune
1/11/2020 - 15:15
Ubunyarwanda busumba ibindi byose duhuriyeho - Jeannette Kagame
31/10/2020 - 20:13
Nyaruguru ku mwanya wa mbere mu mihigo. Mayor Habitegeko yahishuye ibanga
31/10/2020 - 19:20
Gusinya Imihigo: Dore uko abayobozi bahagurutse i Kigali berekeza Nyagatare
30/10/2020 - 16:17
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.