Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Perezida Kagame yasabye Amavubi gukomera kuri Discipline kuko ari ryo shingiro ry’ubunyamwuga
14/02/2021 - 21:18
Bugesera: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 19:54
Barashima inkunga y’ibiribwa bahawe mu gihe cya guma mu rugo
14/02/2021 - 19:07
Yakorewe iyicarubozo muri Uganda, Bamutandukanya n’umwana we, bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda
5/02/2021 - 23:52
Dore uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa
30/01/2021 - 21:45
Yari ahitanye imbaga y’abishimiraga intsinzi y’Amavubi Imana ikinga akaboko
28/01/2021 - 01:06
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.