Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

We are not thieves - Kagame on accusations that Rwanda steals DRC’s wealth
6/12/2022 - 03:07
Prince Kid arekurwa byari amarira y’ibyishimo ku nshuti ze
6/12/2022 - 02:34
Umva ibyo Prince Kid yatangaje agisohoka muri gereza
2/12/2022 - 21:58
Dr. Sabin Nsanzimana yatangiye imirimo nka Minisitiri w’Ubuzima
2/12/2022 - 12:18
Nanjye nshyigikiye ko inkwano ivaho - Pastor Antoine Rutayisire
22/11/2022 - 06:28
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye ko gutanga EBM iba umuco
22/11/2022 - 06:19
Urubyiruko rwo muri Kigali rwateye ibiti 5000 mu muganda udasanzwe
22/11/2022 - 06:10
Ibyaranze Cadet Pass-Out ubwo 568 bahabwaga ipeti rya 2nd Lieutenant
7/11/2022 - 21:28
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo