Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11
President Kagame presides over Groundbreaking for King Faisal Hospital expansion
23/07/2024 - 09:40
Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29
Kagame yagize icyo avuga ku byavuye mu matora
16/07/2024 - 15:14
Abatuvuga nabi ni bo bicwa n’agahinda - Kagame ubwo yiyamamarizaga muri Kicukiro
14/07/2024 - 03:32
Byari udushya gusa mu kwamamaza Kagame i Bumbogo muri Gasabo
13/07/2024 - 08:20
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo