Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46Iziheruka
Kagame Paul: Nta cyiza nko kuba Umunyarwanda, by’akarusho nko kubabera umuyobozi
23/06/2024 - 04:36
Morale y’Urubyiruko rwa RPF Inkotanyi rwakira umukandida Paul Kagame i Musanze
23/06/2024 - 04:31
Ab’i Musanze bari babukereye mu kwakira umukandida wa FPR Inkotanyi
23/06/2024 - 04:22
Reba uko Umukandida wa FPR Inkotanyi yakiriwe i Musanze
22/06/2024 - 18:19
Umukandida wa FPR-Inkotanyi Kagame Paul arahera i Musanze yiyamamaza: Ikiganiro na SG Gasamagera
21/06/2024 - 17:56
Reba udushya twaranze isiganwa ry’imodoka rya #HuyeRally2024
17/06/2024 - 19:51
Ikipe y’abarinda Perezida (Republican Guard) yisubije igikombe cya RDF Liberation Cup
17/06/2024 - 09:26
Perezida Kagame mu busabane n’Abajyanama b’Ubuzima
16/06/2024 - 23:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo