Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Minisitiri w’Intebe yashyize umucyo ku izamurwa ry’umusanzu wa Pansiyo, Amanegeka n’Ibindi #NST2
7/12/2024 - 07:06
Bakiriye bate gushyirwa kw’Intore z’u Rwanda mu murage w’Isi ?
6/12/2024 - 03:45
Umuyobozi wa RSSB yasobanuye impamvu zo gukuba kabiri umusanzu wa Pansiyo
6/12/2024 - 03:35
Minisiteri y’Abakozi na MINECOFIN binjiye mu kibazo cya RSSB cyo kuzamura amafaranga ya Pansiyo
6/12/2024 - 03:30
Asize yujuje Hoteli i Gicumbi : Ubuhamya mu gushyingura Nyirandama Chantal
29/11/2024 - 15:11
Chairman wa RPF-Inkotanyi yihanganishije umuryango wa Nyirandama, mu butumwa bwasomwe na Gasamagera
28/11/2024 - 13:32
Africa has everything to be where we want to be - Kagame addresses #YouthConnektAfrica24
8/11/2024 - 20:47
Ubucuruzi bw’i Kigali mu gicuku
4/11/2024 - 14:23
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo