Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Itorero Urukerereza ryasusurukije abitabiriye ibirori byo #Kwibohora30
5/07/2024 - 08:38
#Kwibohora30 : Dore Akarasisi ka Gisirikare ko mu rwego rwo hejuru
5/07/2024 - 08:23
#Kwibohora30: Reba uko ibendera ry’u Rwanda ryagejejwe muri Stade Amahoro
5/07/2024 - 08:09
President Kagame: Liberation can not be imposed on people by force or fear
5/07/2024 - 07:44
Kirehe: Urubyiruko rugiye gutora bwa mbere rwavuze imyato FPR Inkotanyi
5/07/2024 - 07:35
Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu - Kagame
3/07/2024 - 05:53
Twari ‘Jijuka Pumbafu’ none twarize turiteza imbere - Musabwasoni
3/07/2024 - 05:44
Twaganiriye n’Abanya-Kirehe: Barashima ibyo FPR Inkotanyi yabagejejeho
2/07/2024 - 13:11
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo