Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Huye: Barashima ibyo Perezida Paul Kagame yabagejejeho
28/06/2024 - 06:31
Abafite ubumuga natwe twahawe agaciro nk’abandi kubera FPR Inkotanyi (Ubuhamya)
28/06/2024 - 06:11
Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza yise umwana we Kagame
27/06/2024 - 05:00
Twagize Ingabo z’Intare ziyobowe n’Intare - Paul Kagame
25/06/2024 - 23:02
Natuye i Kigali bwa mbere nkimara kujya kuri Yellow Paper - Utumatwishima
25/06/2024 - 22:56
Inkotanyi si igipindi, ni ukuri - Sheikh Mussa Fazil
25/06/2024 - 22:13
Muhanga yagaragaje itandukaniro mu kwakira umukandida wa RPF
25/06/2024 - 07:04
Ibyiza ntibyari kugerwaho atari Politiki nziza ya RPF Inkotanyi - Perezida wa PSD
25/06/2024 - 06:51
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo