Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
"Buriya baba bambaye ubusa no mu mutwe”: Perezida Kagame aranenga imico mibi irimo no kwambara ubusa
19/01/2025 - 18:37
"This man Tshisekedi has never, twice, been elected..." - President Kagame speaking to diplomats
17/01/2025 - 13:09
Kagame reveals how he sent a message to M23
15/01/2025 - 15:40
President Kagame: ’We once approached DRC to help them fight and eliminate FDLR, and they refused"
10/01/2025 - 11:59
President Kagame: "M23 leaders and majority of their fighters came from Uganda"
10/01/2025 - 11:20
President Kagame on why he didn’t show up in Luanda for the Heads of State Summit
9/01/2025 - 21:19
Menya ibyashimishije n’ibyababaje Ingabire M. Immaculée muri 2024
8/01/2025 - 14:23
Umva impamvu y’igitabo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi cya Sr Mukabayire
6/01/2025 - 17:12
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo